audio audioduration (s) 1.19 9.98 | sentence stringlengths 11 138 |
|---|---|
kandi tuguwe neza kugira ngo twakire amagambo yukuri | |
simbi na we akajya kwiga nubwo byari bigoye | |
inshuti yanjye yaje kunsura ku biro byanjye | |
grand canyon ni ahantu hazwi cyane ba mukerarugendo | |
umwaka umwe ndangije kaminuza amaherezo nashoboye kubona akazi | |
kubera inzara numunaniro imbwa yaje gupfa | |
numva ndazungeye nta ubwenge nongera gukanguka ndi mu bitaro | |
ntekereza ko yaje hano kutubwira ikintu gikomeye | |
muri iryo joro imana yaranyiyeretse maze imbwira | |
icyo gihe nahise mubaza nti ese ko ushatse | |
ni nako yarihiye murumuna wanjye na mushiki wanjyemuto | |
nahoraga nkunda umudendezo uzanwa no kwinjira | |
muri uwo mwaka nimihigo yumwaka utaha | |
urashobora kujya kumupira wamaguru kuri bisi | |
ngo nyifungure nipfire ariko sinabishobora | |
nari nzi ko kalisa adafite amafaranga ahagije yo kugura imodoka yashakaga | |
natsitaye kuri iki kibazo igihe nakoraga ikindi kintu | |
ntabwo wigeze ukora ibintu nkibi mbere ufite | |
ibi nibyo karen yibazaga ubwo yari arwaye kanseri yibere | |
inkuru zumugore wo muri bibiliya wari warabuze urubyaro | |
iri sesengura rigabanijwemo ibice bibiri | |
sinabaye uwera ariko nziko yesu ariwe ugenzura ubuzima bwanjye | |
twakinnye umukino ushimishije wa charade nyuma yo kurya | |
sinzi uwanditse iyi baruwa | |
twagenze namaguru hafi icyumweru cyose kugira ngo tugere i bukavu | |
hashize umwaka umwe ndiyeranja nshaka radio | |
urashobora guhindura iyi biro kuburebure bwumwana uwo ari we wese | |
yari yiteguye kumugerageresha ikindi | |
iyi nkoranyamagambo ni impfunyapfunyo | |
nimusuzume imirire mumenyereye gukoresha | |
zigihugu nibikorwa byaziranze na none ni umwanya | |
nari nkwiye kubikora kera cyane | |
ndatekereza ko yagerageje kutuburira ku kintu runaka | |
nabonanye nabo ejobundi ariko sinabasha kubona igisubizo | |
ibitabo biri muri iki cyumba ntabwo ari ibyanjye | |
twese tugire urukundo mu guhumurizanya mu bigeragezo | |
ahubwo mu bikorwa byanjye nzirikana kandi ibyo nanyuzemo | |
byaba byiza utarazamutse umusozi muremure nkubukonje | |
bituma babura iwabo heza mu busitani bwa edeni | |
njye mbona igitekerezo gikenewe ari nyina wivumbuwe | |
nyuma yo kwirengagiza ku gutekereza cyane | |
ibiryo gakondo byabayapani rwose bigenda neza hamwe nicyayi cyabayapani | |
uteri uzi uko imana igukunda | |
icyo ukeneye nukutamenya no kwigirira icyizere kandi intsinzi nukuri | |
ubwo rero baba ari abantu barangwa no gutungana | |
haiti nigihugu gisa nkicyakennye | |
abagore barambiwe no gusuzugurwa nabakoresha | |
ntabwo nabonye umwanya wo kureba hoteri yijoro | |
ejo umunyamahanga yambwiye icyongereza muri gari ya moshi | |
uratekereza ko hari ikibazo natwe twerekana hakiri kare | |
ndashaka kubashimira mu izina rya bagenzi banjye | |
agira ati biriya byose ndabiguha nupfukama ukandamya | |
arangije antera ubwoba ambwira ko ngomba gutaha nkajya mu rugo | |
ndarwaye kandi ndambiwe kurya zucchinis buri munsi | |
yohani yinjiza amafaranga menshi asobanura menus muri resitora | |
yintore ziri ku rugerero muri buri shami faculty | |
ibyishimo bya kalisa bivuze byinshi kuri njye kuruta ibindi byose kwisi | |
kugira ngo dushobore kugira imibereho irushijeho kuba myiza | |
mama yahamagaye imodoka yo kwa muganga | |
ukunda siporo nibyo nkunda umukino wa baseball nibindi | |
no gukoresha ibizamini muri ubu burwayi avuga ko yabonye imana | |
nkora akazi ko mu rugo nza kugera aho nkorera permis | |
amavuta yagize uruhare runini mu iterambere ryinganda zubuyapani | |
ndashaka gukora ibibera i kyoto | |
ikinamico yakuwe mu gitabo | |
nabanje guhamagarwa mu biro izina ryanjye riri ku rutonde rwurutonde | |
byukusenge yakora iki iyo ntaza hano kumubwira icyo gukora | |
ndashima imana ko umwana yavuye mu bitaro | |
nagezeyo nsanga bagenzi banjye bari kujya mu muganda turajyana | |
wari kuri bo nkigitambaro cyatwikiraga icyubahiro cyimana mu maso ha mose | |
nari mu bimbere cyane igihe cyaje kugera rero banca indasago mu bitugu | |
nta nshuti cyangwa abavandimwe afite byo kumwitaho | |
amani ntiyigera anywa keretse mu bihe bidasanzwe | |
nabonye itsinda ryabanyamahanga ngiye ku ishuri muri iki gitondo | |
ysu natabisubiza uzigarukire ubwo nahise nshaka umugabo | |
iki nicyo gihe asanzwe ageraho | |
sinzi uwoyi mbwa yitwa pochi | |
akabaho ubuzima bukiranuka akemera no gupfa urupfu rwagashinyaguro | |
rero nakomeje gusenga imana nubwo umutware | |
yari afite impano nyayo yo koroshya ibihe bitoroshye | |
numvise amajwi yose ya ryo kuri terefone | |
umukobwa mwiza cyane yantegereje mu iduka ryishami | |
ndaburambiwe mpita nshaka ikintu nakora | |
imyaka yo kwiruka muri marato yantwaye amavi | |
coroner arimo gukora autopsie kuri yohani kugirango amenye impamvu yapfuye | |
ntibyashobokaga ko adamu kubwurugero rwe namabwiriza atunganye | |
gupfa ni ugukora igikorwa cyingirakamaro | |
umurimo wayo wirema urangiye uwiteka yaruhutse ku munsi wa karindwi araweza | |
utabanje kubiherwa uruhushya ntakintu na kimwe gishobora gukorwa kubijyanye byukusenge | |
ni ubwambere nanditse ibaruwa mu cyesipanyoli | |
ukeneye umuntu nkanjye kwita kubana bawe | |
twahuye nikibazo kidasanzwe kubera impanuka | |
kalisa yambajije uwo mugabo uhagaze imbere yiki gishushanyo uwo ari we | |
ibi yabitangaje nyuma yaho akoreye ubukwe na pastor ushinzwe urubyiruko | |
ndashaka kumenya impamvu atagiye i boston hamwe na mariya | |
abamarayika bimana barwanya umutware wabo wikirenga | |
komisiyo yigihugu yitorero rikagena inshinganoimiterere nimikorere byayo | |
sinibyo gusa muri eto kicukuiro arinaho narangirije nari narahinze urumog | |
mukadata yarantukaga cyane akankubita | |
umugabo wanjye yishyira imbere cyane |
End of preview. Expand in Data Studio
README.md exists but content is empty.
- Downloads last month
- 11